Yazanye agashya mu gushakisha umukunzi

Dan Perino, Umugabo wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amaerika wo mu kigero cy’imyaka nka 50, ngo amaze kurambirwa imbuza za internet zihurirwaho n’ababa bifuza urukundo none yiyemeje gukoresha ubwe buryo amanika hirya no hino mu Mujyi wa New York amafoto ariho na nimero za telephone ze amenyekanisha ko yifuza umukunzi bashakana.

Avugana n’imwe mu mateleviziyo yo muri Leta Zuze Ubumwe z’Amerika, Perino yayitangarije ko atihebye ariko yumva ari bwo buryo bwiza bwamufasha kubona umugore. Yagize ati “ Ni uburyo bwiza bwo guhura n’abagore. Ndifuza urukundo rusobanutse.”

Uyu ni we Dan Perino ushakisha umukunzi abinyujije mu gukwirakwiza amafoto ye mu Mujyi wa New York.
Uyu ni we Dan Perino ushakisha umukunzi abinyujije mu gukwirakwiza amafoto ye mu Mujyi wa New York.

Dan Perino ateganya kujya amanika amafoto nibura magana atanu buri munsi mu gihe cy’iminsi mirongo itatu. Kuva aho atangiriye iki gikorwa ku wa 28 Nyakanga 2014, ngo amaze guhamagarwa n’amagana n’amagana y’abantu. Bamwe mu bamuhamagara bakaba ngo bamubwira ko bamukunze abandi bakamubwira ko arimo kwikinira.

Kugeza ubu ngo amaze no kubonana n’abakobwa cyangwa abagore benshi amaso ku maso bamwifuza binyuze muri ubwo buryo bw’imwihariko we mu gushaka urubavu rwe.

Niyonzima Oswald

Ibitekerezo   ( 104 )

Nitwa Vicky Ndi HIV+
Height 1.78M
Black
34years

Nifuza umwali uri serieuse duhuje status yubuzima witeguy kudatinda munkundo tukibanira utari munsi ya 26years

0728153234

Only WhatsApp remember duhuje ubuzima kd ushaka kubaka thx

Vick yanditse ku itariki ya: 22-05-2026  →  Musubize

Muraho neza ndifuza umukunzi ndi umu papa wabyaye hanze umwana umwe, nkaba nifuza umukunzi kuko uwo twabyaranye yigiriye hanze so umukunzi nshaka akunda gusenga yubaha abantu Kandi afite icyakora, so nuye ikinyinya muri gasabo ibindi tuzabiganira, ok 0785860636 -0725101384, murakoze cyane

Alex yanditse ku itariki ya: 17-05-2026  →  Musubize

Muraho neza ndifuza umukunzi ndi umu papa wabyaye hanze umwana umwe, nkaba nifuza umukunzi kuko uwo twabyaranye yigiriye hanze so umukunzi nshaka akunda gusenga yubaha abantu Kandi afite icyakora, so nuye ikinyinya muri gasabo ibindi tuzabiganira, ok 0785860636 -0725101384, murakoze cyane

Alex yanditse ku itariki ya: 17-05-2026  →  Musubize

sharom sharom ndabasuhuje ndashaka umukunzi umezeutya!ufite urukundo nyakuri atarinkababandi babeshya umukunzi inzobe bitaricyane ufite nka25Kuzamura asengera muradepr bya ba akarusho usanze byavamo wampamagara kuri phone0786764227cg0737688933Murakoze apana kubipa

Nsengiyumva emmy yanditse ku itariki ya: 13-05-2026  →  Musubize

Hi! Ni David ndi Rwamagana nkeneye umukunzi, umukobwa uri serious ufite imyaka 24-34.

0786790242

David yanditse ku itariki ya: 3-04-2026  →  Musubize

UMUKOBWA UFITE GAHUNDA AMPAMAGARE 0737688933

nsengiyumva emmanuel yanditse ku itariki ya: 22-03-2026  →  Musubize

Ndabashimiye mwe mwashizeho runorubuga mubyukuri igihe ngezemo kinyemerera gukunda.ndashaka umukunzi winzobe bitaricyane uzi gukunda icyaricyo witeguye kunkunda nanjye nkamwereka urukundo nyakuri ntakujarajara usanze byavamo!Wampamagara kuri telephone0737688933CG0786764227Murakoze

nsengiyumva emmanuel yanditse ku itariki ya: 22-03-2026  →  Musubize

Ncaka umugabo mwiza mumicinimyifatire uzikwitakuwakunda
Muburyobwose
Ucyeneyurukundo
Wanyarwo
Mbese ufiti37kuzamura utarengeje 57
Akabayiyaminiya muguterakabariro
Nomuguharanira kungiramwiza kurushaho
Nge mfite27 ndumufiemr
0791290527
Nyandikira

Nyirarukundo m grace yanditse ku itariki ya: 15-02-2026  →  Musubize

Nitwa mpabuka ntuye mu mujyi wa kigali job s ndashaka umukunzi my whatsapp number +250799321292
Ndi umusore w’imyaka 27

Mpabuka Kevin yanditse ku itariki ya: 7-02-2026  →  Musubize

NDABASHIMIRA MWARAKOZEPE!GUSHIRAHO RUNORUBUGA NAHABONYE UMUKUNZI MUBWIYEKO NDIKUMUSABA URUKUNDO AMBWIRAKO ATABISHAKA NONE NAGIRAGANGO MUMPUZE NUFITE URUKUNDO RWUKURI KUKO NANGE URUKUNDO NDARUFITE USIBYE ABAMBESHYA ABAYE AHARI YAMPAMAGARA KURI0733682887MURAKOZE KANDI AKANYIBWIRA SINSHAKA ABAMBIPA BANTESHA UMUTWE.SAWA MUGIRE IBIHEBYIZA

EMMANUEL yanditse ku itariki ya: 13-01-2026  →  Musubize

Amazina nitwa
Umulisa Chantal
Mfite imyaka 35 ndi gikara.
Mfite m1 cm68
Nd’ umunya Rwanda kazi
Ndashaka umukunzi
Guhera kumyaka 40
Kuzamura [email protected]
Bibaye byiza yaba afite icyakora murakoze!

Chantal yanditse ku itariki ya: 7-10-2025  →  Musubize

NDABAKUNDA CYANE NANJYE NSHAKA UMUKUNZI WINZOBE BITARICYANE KUVA KUMYAKA25-35UTARIGEZE AKUNDWA KANDI WITONDA UNASENGA IMANA ABAYE AHARI YAMPAMAGARA MTN0796842597NA AITREL0738281639MURAKOZE

NSENGIYUMVA yanditse ku itariki ya: 18-09-2025  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka