Ibirori bya ‘Friends of Amstel’ bigiye kubera muri Zaria Court

Ku wa 18 Ukwakira 2025, muri Zaria Court i Kigali hazabera ibirori by’akataraboneka bizashyushya Umujyi wa Kigali, bikaba byarateguwe mu rwego rwo kwizihiza umuziki, kwidagadura ndetse n’ubuvandimwe buhoraho.

Mu bahanzi bazasusurutsa uwo mugoroba harimo icyamamare cyo mu Rwanda n’akarere: Bien-Aimé Baraza (Kenya), Bruce Melodie (Rwanda), Kivumbi King (Rwanda) na Mike Kayihura (Rwanda).

Ibitekerezo   ( 1 )

Turabyi shimiye kbx

Constantin yanditse ku itariki ya: 22-08-2025  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka