
Kuri uyu wa Gatandatu, ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 20 ntiyabashije gukabya inzozi zo kuba yakwegukana igikombe, nyuma yo gutsindirwa muri 1/2 na Leta Zunze Ubumwe za Amerika.





Uyu mukino igice cya mbere cyarangiye Leta Zunze ubumwe za Amerika iri imbere n’ibitego 14 kuri 13 by’u Rwanda, uza kurangira u Rwanda rutsinzwe ibitego 32 kuri 28.



Biteganyijwe ko u Rwanda ruzahatanira umwanya wa gatatu na Bulgaria kuri iki cyumweru, mu gihe umukino wa nyuma uzahuza USA na Uzbekistan
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|