Kosovo: U Rwanda rwatsinzwe na USA muri 1/2 (Amafoto)

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yatsinzwe na Leta Zunze za Amerika muri 1/2 mu gikombe mpuzamigabane kiri kubera muri Kosovo

Kuri uyu wa Gatandatu, ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 20 ntiyabashije gukabya inzozi zo kuba yakwegukana igikombe, nyuma yo gutsindirwa muri 1/2 na Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Uyu mukino igice cya mbere cyarangiye Leta Zunze ubumwe za Amerika iri imbere n’ibitego 14 kuri 13 by’u Rwanda, uza kurangira u Rwanda rutsinzwe ibitego 32 kuri 28.

Biteganyijwe ko u Rwanda ruzahatanira umwanya wa gatatu na Bulgaria kuri iki cyumweru, mu gihe umukino wa nyuma uzahuza USA na Uzbekistan

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka