Ibi byatangajwe n’iyi kipe inyuze ku mbugankoranyambaga zayo aho yavuze ko uyu mugabo yagarutse mu rugo aho yasinye amasezerano azarangirana n’umwaka w’imikino 2025-2026.
Rashid Kalisa yaherukaga muri AS Kigali mu 2023 ubwo yayivagamo yerekeza muri Rayon Sports yakiniye umwaka umwe w’imikino 2023-2024.
National Football League
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Yasinya yagira ariko sindamubabarira Penalty y’ubuswa yarase kuri Al Ahli BENGHAZI.