Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu ahagana mu Saa Cyenda z’amanywa, ni bwo Gianni Infantino uyobora Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA) yageze mu Rwanda, aho yihiytiye kuri Stade Amahoro akabanza kureba umukino Police Fc yanganyijemo na Rayon Sports ibitego 2-2.
Nyuma yahao yerekeje iruhande rwa FERWAFA ahari kubakwa Hotel y’iri shyirahamwe, maze ahashyira ibuye ry’ifatizo ndetse anatangiza igikorwa cy’ubwubatsi ku mugaragaro
Mu mafoto ...
Yabanje kureba umupira wa Police ba Rayon Sports
Yashimijwe no gufata umwiko n’imbaho y’amazi maze agatangiza iyubakwa rya Hotel ya FERWAFA
Lt Colonel Patrice Rugambwa, Umunyamabanga uhoraho muri MINISPOC wari uhagarariye Leta y’u Rwanda
Perezida wa Ferwafa yashimiye umuyobozi wa FIFA wasuye u Rwanda
Umuhanzi King James nawe yari yaje kureba uyu mukino wanarebwe na Perezida wa FIFA
Nyuma Gianni Infantino yaje gusinya mu gitabo cy’abahageze ndetse anabagenera ubutumwa
Banasangiye ku muvinyo
Nyuma yo gutangiza igikorwa cyo kubaka iyi Hotel
Amafoto: Muzogeye Plaisir
National Football League
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
|