Uyu musore w’imyaka 26 y’amavuko usanzwe akinira ikipe ya Kaizer Chiefs yo muri Afurika y’Epfo, yabazwe urutungu ku wa 11 Ugushyingo 2025 aho bizatuma amara amezi abiri atagaragara mu kibuga.
Ntwari Fiacre aheruka mu kibuga tariki 14 Ukwakira 2025, ubwo Amavubi yatsindwaga na Nigeria ibitego 3-0 mu mukino usoza imikino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi 2026, mu gihe muri Kaizer Chiefs yaherukaga mu kibuga tariki 5 Ukwakira 2025 ubwo iyi kipe yasezererwaga na Stellenbosch itsinzwe penaliti 5-4 muri League Cup.
National Football League
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
|