Ibihugu byatangiye gusiganwa n’igihe, ubwitabire bukomeza kwiyongera muri Shampiyona y’Isi y’Amagare 2025 (Amafoto)

Ku munsi wa kane wa shampiyona y’Isi y’Amagare 2025 iri kubera mu Rwanda, kuri uyu wa Gatatu hahatanye amakipe y’ibihugu asiganwa n’igihe, ubwitabire bukomeza kuba bwinshi hirya no hino mu mihanda ya Kigali.

Ni icyiciro cyatangiye ku isaha saa saba n’iminota 45 hahaguruka ikipe y’igihugu ya Benin, yakurikiwe na Ethiopia saa saba n’iminota 53 mu gihe u Rwanda rwahagurutse saa saba n’iminota 57.

Nkuko byagenze ku munsi wa mbere, hirya no hino mu Mujyi wa Kigali ubwitabire bukomeje kuba bwinshi, ndstse ibi bikaba ari nako byagenze kuri uyu munsi.

Amafoto: Niyonzima Moise

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka