Kuri uyu wa gatatu kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo harabera imikino ibiri ya Shampiona ihuza amakipe ahanganye kugeza ubu
Muri Shampiona nyafurika iri kubera muri Maroc,Girubuntu Jeanne D’Arc yegukanye umwanya wa kabiri ahabwa umudari wa Silver.
Nyuma yo kutifashishwa ku mikino ibiri iheruka,Kwizera Pierrot yagarutse muri 18,mu gihe Davis Kasirye we atiyambajwe muri 18 bazakina na Kiyovu kuri uyu wa gatatu
Abdu Mbarushimana wari Team manager wa Rayon Sports yamze kwirukanwa n’iyi kipe nk’uko byatangajwe kuri uyu wa mbere mu kiganiro n’abanyamakuru
Mu gihe championnat y’umukino w’intoki(Volleyball) yatangiye kuwa 20/02/2016 umukino wagombaga guhuza Rayon sports VC na Kirehe VC i Kirehe wasubitse bitunguranye bitera urujijo.
Kuri iki cyumweru mu karere ka Rwamagana habereye isiganwa ku maguru,isiganwa ryateguwe n’akarere ka Rwamagana ku bufatanye na AVEGA na MSAADA
Amagaju yanganije na Poliice fc i Nyamagabe igitego 1-1,maze AS Kigali yari yatsinze Etincelles ibitego 4-2 ku wa Gatanu ikomeza kuyobora urutonde
Abakinnyi 11 bahagarariye u Rwanda mu mukino w’amagare berekeje muri Maroc muri Shampiona nyafurika izatangira tariki ya 21-26/02/2016.
Kuri uyu wa gatandatu no ku cyumweru muri ES Kigoma mu mukino wa Handball harakinirwa irushanwa ryitiriwe Intwari mu bagabo n’abagore
Akarere ka Rwamagana ku bufatanye na AVEGA na MSAADA,bateguye isiganwa ku maguru mu ngeri zose rizaba kuri iki cyumweru i Rwamagana
Ikipe ya AS Muhanga ya nyuma ku rutonde rwa Shampiona yanganije na Rayon Sports ubusa ku busa mu mukino wabereye i Nyamirambo
Kuri uyu wa kabiri nibwo shampiona y’icyiciro cya mbere iza kuba ikomeza ku munsi wayo wa 11,imikino izakomeza no kuri uyu wa gatatu
Davis Kasirye na Kwizera Pierrot bakuwe ku rutonde rw’abakinnyi 18 ba Rayon Sports bakina na Muhanga muri shampiona ikomeza kuri uyu wa kabiri.
Hagamijwe kwibuka Padiri Kayumba Emmanuel wahoze ayobora ishuri GSOB, muri iri shuri habaye imikino ya Volleyball kuva tariki 13-14 Gashyantare 2016.
Rayon Sports ibifashijwemo na rutahizamu mushya yakuye muri Mali yatsinze ikipe ya Gicumbi ibitego 2-0 mu mukino wabereye i Gicumbi kuri uyu wa gatanu.
Ikipe ya Rayon Sports yashyize ahagaragara abakinnyi 18 bazakina na Gicumbi kuri uyu wa gatanu barimo rutahizamu mushya wavuye muri Mali
Abayobozi n’umutoza ba Rayon Sports bakoranye ikiganiro n’abanyamakuru berekana umukinnyi mushya baguze ndetse banatangaza andi makuru ari mu ikipe
Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda ryatangaje abakinnyi batandatu bazahagararira u Rwanda mu irushanwa rizatangira ku wa 4-28/03/2016 muri Algeria.
Abayobozi mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika(CAF), basuye abana bakina umupira wa karere ku Kimisagara kuri uyu wa gatandatu
Ikipe ya Republika iharanira Demokarasi ya Congo itsinze Mali, ihita inakora amateka ko ari yo kipe itwaye CHAN inshuro ebyiri kuva yatangira muri 2009
Ku ntsinzi y’ibitego 2-1,ikipe ya Côte d’Ivoire ni yo yegukanye umwanya wa gatatu w’irushanwa rya CHAN itsinze Guinea
Umuyobozi wa Kivu y’Amajyaruguru Julien Paluku yahamagariye Abanyekongo kujya Kigali ku bwinshi kwakira igikombe cya CHAN kuko biteguye intsinzi
Ikipe ya Mali nyuma yo gutsinda Côte d’Ivoire igitego 1-0,niyo izahatanira na Congo igikombe cya CHAN kuri iki cyumweru taliki ya 07/02/2016
Ikipe ya Congo ibaye iya mbere igera ku mukino wa nyuma wa CHAN 2016,itsinze Guinea Penaliti 5-4 nyuma yo kunganya 1-1 mu mukino wabereye kuri Stade Amahoro kuri uyu wa gatatu
Kuri uyu wa Gatatu kuri Stade Amahoro nibwo hamenyekana ikipe ya mbere izakina umukino wa nyuma,ubwo DR Congo na Guinea ziza guhatana muri 1/2
Mu gihe cy’imikino ya CHAN, imikino yagiye yitabirwa n’abantu benshi kurusha kuri sitade Huye ni iyari irimo ikipe ya Congo.
Republika iharanira Demokarasi ya Congo itsinze Amavubi ibitego 2-1,ihita iyisezera muri 1/4 cy’imikino ya CHAN mu mukino wabereye kuri Stade Amahoro kuri uyu wa gatandatu
Imodoka za Coasters zirenga 30 zambutse umupaka uhuza u Rwanda na Congo wa Rubavu zirimo Abakongomani baje gushyigikira ikipe yabo Leopards, mu mukino uri buyihuze n’iy’u Rwanda Amavubi.
Perezida Kagame yibukije Ikipe y’Igihugu y’Umupira w’Amaguru, Amavubi, ko mu marushanwa irimo ya CHAN 2016 ihagarariye Abanyarwanda bose bityo ko igomba kwitwara neza.
Ikipe y’u Rwanda Amavubi, yazindukiye mu myitozo aho iri kwitegura umukino uzayihuza na Leopard ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo.