Bamwe bati ‘yishwe’, Leta iti ‘ni impanuka’... Minisitiri w’Itumanaho w’u Burundi yazize iki?
Inkuru yiriwe mu Karere u Rwanda ruherereyemo, ni iy’urupfu rw’Umunyapolitiki w’i Burundi, Gabby Rugaga wari Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru i i Kivoga, mu ntara ya Bujumbura.
Bugaga yasanzwe mu modoka yapfuye, ariko abandi bakavuga ko biteye urujijo.
Hari abavuze ko ngo uyu mu Minisitiri uzwi cyane mu itangazamakuru ry’iwabo,ngo yaba yishwe n’inzego z’iperereza "azira ko yabwiye Ndayishimiye kwirukana FDLR mu Burundi no gukura abasoda b’Uburundi muri DRC. Ngo yabonaga nta mpamvu ifatika yo kohereza abasoda muri DRC ngo bapfirayo cyane ntibanitabweho ku Rugamba bakicwa n inzara ,abakomeretse ntibavurwe!"
Itangazo ry’umunyamabanga wa Leta y’u Burundi ryo rivuga ko yishwe n’impanuka.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
|