• Ibihugu bigize EAC ntibigihuriye ku ifaranga rimwe mu 2012

    Abaguverineri ba za banki nkuru zo mu bihugu bigize umuryango w’Afurika y’iburasirazuba bateraniye mu nama yiga ku kibazo cy’ifaranga rimwe muri aka karere yari iteraniye i Bujumbura, bavuze ko bidashoboka mu mwaka wa 2012.



  • EAC: Ibihugu biraburirwa kwita ku kibazo cyo gutanga amasoko

    Inzobere mu gutanga amasoko ituruka muri Kenya, Mbuba Mbugu, aragira inama Leta z’ibihugu bigize umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba kwitondera uburyo zitanga amasoko kuko amasoko ari mu bikorwa Leza zitangaho amafaranga menshi. Uburyo amasoko atangwa butitaweho bishobora guteza igihombo kinini.



  • Hakenewe miliyali 80 z’amadolari ngo ubuhahirane hagati y’ ibihugu bigize EAC butungane

    Umunyamabanga mukuru w’umuryango wa Afurika y’uburasirazuba (EAC), Dr Richard Sezibera, aratangaza ko uyu muryango ukeneye miliyari 80 z’amadolari y’Amerika yo gushora mu mishinga ihuza ibihugu 5 bigize uyu muryango. mubyo iyi mishinga igamije harimo kworoshya ubucuruzi hagati y’ibihugu.



  • Gatuna - serivisi z’abinjira n’abasohoka zigiye guhuzwa

    Monique Mukaruliza, minisitiri w’u Rwanda mu muryango w’Afrika y’iburasirazuba (EAC), ejo yatangaje ko u Rwanda na Uganda birimo kwiga uburyo servisi z’abinjira n’abasohoka hagati y’ibihugu byombi zahuzwa.



  • Abanyarwanda barasobanurirwa imikorere ya EAC

    Abakozi ba minisiteri y’Afurika y’iburasirazuba bagiye kuzenguruka hirya no hino mu Rwanda basobanurira Abanyarwanda icyo umuryango w’afurika y’uburasirazuba umariye abaturage n’uko ukora. Iki cyumeru cyatangiye tariki ya 4 kizarangira tariki ya 11 ugushyingo 2011.



  • Abadepite ba EALA bahagurukiye kurwanya ubutayu

    Abadepite b’Abanyarwanda bari mu inteko ishingamategeko y’umuryango w’ibihugu by’Afurika y’Iburasirazuba (EALA) bifatanyije n’abaturage b’akarere ka Kamonyi mu gikorwa cy’umuganda batera ibiti bigera kuri 9600 ku ishuri ribanza rya Gihara ho mu murenge wa Runda.



  • Imyitozo y’ingabo zo mu muryango w’ibihugu bya Africa y’iburasirazuba yasojwe uyu munsi

    Nyuma y’ibyumweru bibiri abasirikare 300 baturutse mu bihugu 5 bigize umuryango wa Africa y’Iburasirazuba bakurikirana imyitozo ya gisirikare yiswe “Ushirikiano Imara” bishatse kuvuga ubufatanye buhamye, yaberaga mu ishuri rya gisirikare ry’i Nyakinama mu karere ka Musanze ku munsi wa none nibwo yasojwe.



  • U Rwanda ku isonga mu kurwanya ruswa mu bihugu bigize EAC

    Icyegeranyo cyakozwe n’umuryango Transparency International kirerekana ko u Rwanda ruza ku mwanya wa mbere mu bihugu bigize Afurika y’I burasirazuba mu kurwanya no gukumira ruswa .



  • u Rwanda ruzakira imyitozo y’ingabo zo muri EAC

    Muri uku kwezi u Rwanda ruzakira imyitozo ya gisirikari yo mu rwego rwo hejuru (Military command post Exercise (CP-X)) y’ibihugu bigize umuryango w’Afurika y’ Iburasirazuba (East African Community (EAC)) iyi myitozo yahawe izina rya “Ushirikiano Imara” tugenekereje mu Kinyarwanda bivuga “ubufatanye bukomeye”.



Izindi nkuru: