Ingingo z’ingenzi z’impamvu yo gusaba guhinduza amazina
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
|
|
Uvira mu mayirabiri kubera AFC/M23 yahereje umupira abahuza
Ibigo by’ubucuruzi birenga 100 byahaniwe amakosa mu masoko ya Leta
Kigali Today yabagabanyirije ibiciro muri iyi minsi mikuru
AFC/M23 yatangaje ko yiteguye kurekura Uvira ariko hagashyirwa ingabo zitabogama
Ni byiza rwose ko amategeko yemereye abantu guhindura amazina igihe bumva abateye ipfunwe. Nta commentaire n’imwe ikenewe kuko ubikora aba yarabitekerejeho cyane. Ndizera ko ubikora aba ari mukuru atari abandi bamugiriye inama yo guhindura. Ababyeyi bita izina bafite icyo bagendeyeho. Umuntu akimenye yakibonamo amateka y’ubuzima ku buryo icya mbere ari ukuyakira. Hanze yo guhindura, rubanda ntibazareka kuvuga ko yahoze yitwa kanaka. Nzi abantu bahinduye amazina yabo yose ku mpamvu zitandukanye n’iza Straton, ariko iyo duhuye nkabasuhuza mu mazina yabo ya kera byo gutebya birumvikana kuko bazi neza ko nzi neza ko bayahinduye, barikiriza rwose nta mbereka.