Ingingo z’ingenzi z’impamvu yo gusaba guhinduza amazina
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
| 
 | 
		
| 
 | 
		
													
												
												
													
												
												
													
												
												
													
												
												
													
												
												U Rwanda rwahembewe kugira ibikorwa remezo byakira inama mpuzamahanga
Qatar: Perezida Kagame yitabiriye inama ku Iterambere ry’Abaturage
Samia Suluhu yarahiriye kuyobora Tanzania mu muhango wabereye mu muhezo
Uruhare rw’Ingabo z’u Burundi mu misozi miremire y’Abanyamulenge mu mboni za Moïse Nyarugabo
Ni byiza rwose ko amategeko yemereye abantu guhindura amazina igihe bumva abateye ipfunwe. Nta commentaire n’imwe ikenewe kuko ubikora aba yarabitekerejeho cyane. Ndizera ko ubikora aba ari mukuru atari abandi bamugiriye inama yo guhindura. Ababyeyi bita izina bafite icyo bagendeyeho. Umuntu akimenye yakibonamo amateka y’ubuzima ku buryo icya mbere ari ukuyakira. Hanze yo guhindura, rubanda ntibazareka kuvuga ko yahoze yitwa kanaka. Nzi abantu bahinduye amazina yabo yose ku mpamvu zitandukanye n’iza Straton, ariko iyo duhuye nkabasuhuza mu mazina yabo ya kera byo gutebya birumvikana kuko bazi neza ko nzi neza ko bayahinduye, barikiriza rwose nta mbereka.