Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Reba uko Perezida Andry Rajoelina wa Madagascar yakiriwe mu Rwanda
7/08/2023 - 22:53
Reba uko byari byifashe Perezida Kagame ataha uruganda rukora sima i Muhanga
4/08/2023 - 12:32
Twaganiriye na Shangazi wihebeye APR FC, atanga ubutumwa kuri Rayon Sports
2/08/2023 - 15:57
Urubyiruko rwo muri Diaspora rwishimiye kumenya umuco Nyarwanda
1/08/2023 - 22:09
Kurikira ikiganiro ku ikoranabuhanga mu burezi bw’abafite ubumuga
1/08/2023 - 20:38
Masera Jean Baptiste umaze imyaka irenga 70 yiyeguriye Imana, ni muntu ki?
28/07/2023 - 17:44
Le Président Sassou-Nguesso visite l’Institut Rwandais pour l’Agriculture de Conservation (RICA)
22/07/2023 - 22:02
La Conférence de Presse conjointe de Paul Kagame et Denis Sassou-Nguesso
22/07/2023 - 21:52
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo