Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
SHAUKU BAND: Uko ubuhinzi na ruhago babiteye ishoti, biyegurira muzika
2/11/2023 - 23:29
Inkingi z’umuziki Nyarwanda zahawe ibihembo
2/11/2023 - 23:24
Naterwaga ipfunwe no kuba Umunyarwanda - Uwimbabazi Sandrine ukora muri MINAFFET
2/11/2023 - 23:15
Se wavuraga Perezida Habyarimana, yaguye mu ihanurwa ry’indege (Ubuhamya)
31/10/2023 - 12:24
Icyo twiyemeje ni u Rwanda rudaheza - Madamu Jeannette Kagame mu Ihuriro rya 16 rya Unity Club
31/10/2023 - 12:12
Boyz II Men take music fans down memory lane with a nostalgic show in Kigali
31/10/2023 - 10:05
Irebere igitaramo cyo gusoza Trace Awards 2023
24/10/2023 - 15:57
GAERG isanga siporo izafasha mu kwita ku buzima bwo mu mutwe
23/10/2023 - 15:29
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo