Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ubutumwa Dr. Zainab yahawe akiri muto na First Lady bukamuhindurira ubuzima
23/03/2024 - 08:24
Madamu Jeannette Kagame yahembye Inkubito z’Icyeza
23/03/2024 - 08:19
FULL MATCH: APR BBC VS PATRIOTS BBC muri Shampiyona ya Basketball
23/03/2024 - 00:06
Kagame urges cabinet members: Prioritize citizens with inner fire
22/03/2024 - 23:52
Gakondo Body Workout: Umuvuno mushya mu kumenyekanisha imbyino Nyarwanda
22/03/2024 - 23:43
Bakoze imishinga irenga 100 mu bijyanye na AI ndetse na Robotics: Ni ibihe bibazo ije gukemura?
22/03/2024 - 23:33
Umusizi Rumaga : Umugore si umuntu
22/03/2024 - 23:18
Tujyane mu Busanza aho Permis igiye kujya ikorerwa hifashishijwe ikoranabuhanga
14/03/2024 - 15:15
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo