Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
INTERVIEW: Sonia Rolland wabaye Miss France 2000, yakoze film documentaire ku Rwanda
25/10/2013 - 17:33
Ruswa: Ikibazo gikomereye abashoferi b’abanyarwanda batwara amakamyo manini!
18/10/2013 - 09:42
Uburyo bushya bwo gutwara abagenzi mu mujyi wa Kigali
4/10/2013 - 10:40
GATSATA: Bazimurwa nta ngurane y’imitungo yabo bahawe!
20/09/2013 - 09:18
KIGALI TODAY mu guhugura abikorera ku bijyanye n’itangazamakuru
9/09/2013 - 11:32
Uburyo gukunda umurimo no kwihangana byahinduye ubuzima bwe!
3/09/2013 - 10:13
Icyo Abanyarwanda bavuga kuri Customer Care mu Rwanda
30/08/2013 - 09:46
Umukobwa watinyutse umwuga wo guhamagara abagenzi muri Taxi (Convoyeur)!
20/08/2013 - 12:40
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo