Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Icyumweru cya AERG/GAERG cyatangiriye i Rukumbeli
9/03/2015 - 17:33
Tiken Jah Fakoly ati: u Rwanda ni igihugu kidasanzwe
1/03/2015 - 12:45
MERGIMS mobile application, uburyo bufasha diaspora nyafurika kohereza amafaranga
21/02/2015 - 14:12
Uburyo abakundana bizihiza umunsi wa St.Valentin
13/02/2015 - 09:22
Nawe watsindira ibihumbi Ijana
12/02/2015 - 10:28
Tour of Rwanda 2014 at Kigali Today Ltd and KT Radio Headquaters
25/12/2014 - 18:06
Abatomboye bahawe ibihembo
24/12/2014 - 13:42
Bralirwa yasuye abarwayi muri CHUK
22/12/2014 - 14:30
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo