Ibitekerezo ( 19 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Sunny avuga ko kwitukuza ari nk’icyorezo. Iyumvire impamvu yamuteye kubikora
17/12/2019 - 11:41
Abanyarwanda 14.3% bugarijwe n’umubyibuho ukabije
17/12/2019 - 11:27
Mbega abakobwa bafite ubuhanga mu gucuranga ibyuma bya muzika!
16/12/2019 - 00:44
Iyumvire impamvu ibiganiro hagati y’u Rwanda na Uganda ntacyavuyemo
14/12/2019 - 12:14
Uko intumwa z’u Rwanda zakiriwe i Kampala mu biganiro byo kubyutsa umubano
13/12/2019 - 18:50
Mu ndirimbo Umuhanzi Davis D yise Dede, avugamo ko agusha Imvura. Iyumvire iyo mvura iyo ari yo
13/12/2019 - 17:59
Aba bakobwa bararirimba ukikanga abamalayika
8/12/2019 - 17:16
Iyumvire uko Uganda yashinyaguriye Nkurunziza ajya gushyingura Nyirakuru
5/12/2019 - 14:54
kuri njye sinumva ko dukwiye gukondana igikorwa n’abagitegura nta mwana uvuka ngo yuzure ingobyi. twaba tubaye nka bamwe bapinga sinema nyarwanda ngo ni amakinamico. byose ni ugutegur, naho uvuga ngo bavuge mu ndimi bumva icyo cyo nticyakoroha kuko biragoye kubona ingongo mu rulimi nziko n’iyo bavuga mu kinyarwanda twaseba kurushaho.mwijyendera kuri kariya kabazo kavutse icyatumye amahanga abimenya ni aabanyamakuru, kuko nzi ko bo bataduseka .utemeranya nanjy ambaze.
ariko se mana nk’uyu mukobwa ubize ibyuya akananirwa kuvuga muri public azirirwa ajya mu marushanwa ku rwego rw’igihugu?!!!ahaaaa ndabona bitoroshye.Nge mbona ubutaha bajya babanza kubategura mbere.bakabajonjora bakazana muri competition abo babona nibura bagerageza.
hari abandi bana bakiri bato bari gukura bazabidufashamo.