Ibitekerezo ( 19 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Byinshi wamenya kuri Pasiporo nshya z’ikoranabuhanga
2/06/2021 - 19:12
Barakekwaho ubwambuzi bushukana no kwiyitirira icyo batari cyo
31/05/2021 - 09:17
Abanyeshuri bahize abandi mu kuvuga no kwandika neza Igifaransa bahembwe
31/05/2021 - 08:17
Cecile Kayirebwa n’abandi bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19
30/05/2021 - 08:59
Ibyo Macron yavuze birakomeye kurusha gusaba imbabazi - Perezida Kagame
29/05/2021 - 15:11
Perezida Macron ku rwibutso: "Ndemera uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside"
29/05/2021 - 15:06
Goma - Gisenyi: Umutingito wangije amazu n’imihanda
29/05/2021 - 13:52
Byari bikomeye mu ijoro Nyiragongo yarutsemo: U Rwanda rurimo guhangana n’ingaruka zitoroshye
29/05/2021 - 13:32
kuri njye sinumva ko dukwiye gukondana igikorwa n’abagitegura nta mwana uvuka ngo yuzure ingobyi. twaba tubaye nka bamwe bapinga sinema nyarwanda ngo ni amakinamico. byose ni ugutegur, naho uvuga ngo bavuge mu ndimi bumva icyo cyo nticyakoroha kuko biragoye kubona ingongo mu rulimi nziko n’iyo bavuga mu kinyarwanda twaseba kurushaho.mwijyendera kuri kariya kabazo kavutse icyatumye amahanga abimenya ni aabanyamakuru, kuko nzi ko bo bataduseka .utemeranya nanjy ambaze.
ariko se mana nk’uyu mukobwa ubize ibyuya akananirwa kuvuga muri public azirirwa ajya mu marushanwa ku rwego rw’igihugu?!!!ahaaaa ndabona bitoroshye.Nge mbona ubutaha bajya babanza kubategura mbere.bakabajonjora bakazana muri competition abo babona nibura bagerageza.
hari abandi bana bakiri bato bari gukura bazabidufashamo.