Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Abagera ku 9,000 barangije kwiga muri UR bageze ku isoko ry’umurimo
29/08/2021 - 23:14
Kwa Sogokuru ni hehe? Ikibazo Muhizi utazi inkomoko ya se ashobora kuzabazwa n’abana be
26/08/2021 - 15:48
Byinshi kuri Sadate Munyakazi wamamaye muri Rayon Sports : Wari uzi ko kera yitwaga David?
26/08/2021 - 15:27
Baravuga ko banyoye Energy Drink, Polisi yo ikavuga ko bari banyoye inzoga
24/08/2021 - 16:00
Dore uko Umubiligi Vincent Lurquin yirukanywe ku butaka bw’u Rwanda
24/08/2021 - 15:48
Dore ubuzima bw’ahabatijwe mu ISIYACYENDA
21/08/2021 - 18:44
Umunyezamu Kimenyi Yves n’abo bafatanwe baricuza amakosa bakoze
21/08/2021 - 18:38
Abantu 29 batawe muri yombi bazira gutwara imodoka basinze
21/08/2021 - 09:58
Ndumumama urera abana 4 baliga aliko kubishyulira byaranze no kurya nikibazo Kd nabakobwa mumfashije hagira umbera umuterankunga bakiga neza Murakoze
ndi umuturage mu murenge wa Kimironko
nabazaga impamvu imihanda yo munsi y’isoko lya Kimironko idakorwa kandi ubuyobozi buzi neza ko ikoreshwa cyane mu rwego rwo kulinda ubucucike bw’imodoka muli kaliya gace.
Muraho. H.E Ndagukuuunda Imana izaguhe ijuru gusa. Uwagira ngo uzagere muri Mineduc, REB, NESA maze ubatubarize ukuntu umwana umwe yiga isomo isaha1 mu cyumweru undi akaryiga amasaha4 maze bakabazwa bimwe. 2. Ukabambariza ukuntu REB itanga akazi ku barimu maze nyuma bagatesha umutwe abantu ngo ibigo bifite abarimu benshi mu bagabanye ku bigo