Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Uko ababyeyi n’abasirikare mu ndirimbo n’imbyino bishimiye ipeti rya 2nd LT
17/04/2024 - 16:12
Reba udushya twaranze umuhango wo kwinjiza aba Ofisiye bashya mu ngabo z’u Rwanda
17/04/2024 - 09:01
Gutakaza ubuzima uri mu Gisirikare ni ubutwari - Perezida Kagame
16/04/2024 - 13:50
Kurikira igikorwa cyo Kwibuka abanyapolitiki bishwe bazira kurwanya Jenoside
14/04/2024 - 09:51
Ubuhamya bw’Abana ba Ngulinzira Boniface wicishijwe n’Ababiligi muri ETO Kicukiro muri Jenoside
14/04/2024 - 09:28
Umva uko Gasamagera yafunzwe mu byitso by’Inkotanyi
13/04/2024 - 21:37
Menya abanyapolitiki icyenda bongewe ku rwibutso rwa Rebero
13/04/2024 - 21:22
Ubuzima bushaririye Ayinkamiye yanyuzemo muri Jenoside - Ubuhamya
8/04/2024 - 22:29
Ndumumama urera abana 4 baliga aliko kubishyulira byaranze no kurya nikibazo Kd nabakobwa mumfashije hagira umbera umuterankunga bakiga neza Murakoze
ndi umuturage mu murenge wa Kimironko
nabazaga impamvu imihanda yo munsi y’isoko lya Kimironko idakorwa kandi ubuyobozi buzi neza ko ikoreshwa cyane mu rwego rwo kulinda ubucucike bw’imodoka muli kaliya gace.
Muraho. H.E Ndagukuuunda Imana izaguhe ijuru gusa. Uwagira ngo uzagere muri Mineduc, REB, NESA maze ubatubarize ukuntu umwana umwe yiga isomo isaha1 mu cyumweru undi akaryiga amasaha4 maze bakabazwa bimwe. 2. Ukabambariza ukuntu REB itanga akazi ku barimu maze nyuma bagatesha umutwe abantu ngo ibigo bifite abarimu benshi mu bagabanye ku bigo