Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
U Rwanda rwashyikirijwe ubuyobozi bwa EAPCCO bwari bufitwe n’u Burundi
30/01/2025 - 15:09
Abacanshuro barwaniraga muri Congo biruhukije bageze mu Rwanda
29/01/2025 - 15:12
Impunzi zirimo n’abacanshuro barwaniraga muri Congo zikomeje kuza mu Rwanda
29/01/2025 - 15:00
Baratatse M23 irabumva: Operation yo kubohoza abashoferi b’Abanyamahanga i Goma
29/01/2025 - 13:24
RwandAir na RBC: Dore amashoti n’amacenga byaranze umukino wahuje ibi bigo
27/01/2025 - 15:17
Intwari z’i Nyange zanze kwitandukanya: Ibyababayeho mu ijoro ry’icuraburindi
24/01/2025 - 18:51
Abadozi bo mu Rwanda biyemeje kwibagiza abantu burundu Caguwa
24/01/2025 - 18:35
Sadate yahishuye inkomoko y’ubutunzi bwe, menya igisobanuro cy’ubukire
24/01/2025 - 18:20
Ndumumama urera abana 4 baliga aliko kubishyulira byaranze no kurya nikibazo Kd nabakobwa mumfashije hagira umbera umuterankunga bakiga neza Murakoze
ndi umuturage mu murenge wa Kimironko
nabazaga impamvu imihanda yo munsi y’isoko lya Kimironko idakorwa kandi ubuyobozi buzi neza ko ikoreshwa cyane mu rwego rwo kulinda ubucucike bw’imodoka muli kaliya gace.
Muraho. H.E Ndagukuuunda Imana izaguhe ijuru gusa. Uwagira ngo uzagere muri Mineduc, REB, NESA maze ubatubarize ukuntu umwana umwe yiga isomo isaha1 mu cyumweru undi akaryiga amasaha4 maze bakabazwa bimwe. 2. Ukabambariza ukuntu REB itanga akazi ku barimu maze nyuma bagatesha umutwe abantu ngo ibigo bifite abarimu benshi mu bagabanye ku bigo