Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Serivise mbi ni icyuho cya ruswa, ndasaba abagana inkiko kutagura uburenganzira bwabo - Mukantaganzwa
10/02/2026 - 00:31
Mu Giporoso ahazwi nko muri Koridoro hatangiye gusenywa
10/02/2026 - 00:25
Camarade yikomanze ku gatuza nyuma yo kunganya na APR FC atanga ubutumwa ku yandi makipe
8/02/2026 - 15:04
Abafana ba APR FC mu burakari bwinshi basabiye umunyezamu Pierre gusubira mu Intare FC
8/02/2026 - 14:31
Abafana ba APR bihenuye kuri KNC baha ubutumwa Bugesera FC
4/02/2026 - 21:07
Twaje kugaragaza akarengane n’umubabaro wacu - Impunzi z’Abanyekongo
8/01/2026 - 11:21
Ali Kiba na Kevin Kade basusurukije abitabiriye igitaramo The Last Nihgt
1/01/2026 - 07:37
Ubucucike mu Mashuri, Guhohotera abangavu, Inkende zonera Abaturage - Ibiri muri raporo y’Abadepite
30/12/2025 - 00:06
Ndumumama urera abana 4 baliga aliko kubishyulira byaranze no kurya nikibazo Kd nabakobwa mumfashije hagira umbera umuterankunga bakiga neza Murakoze
ndi umuturage mu murenge wa Kimironko
nabazaga impamvu imihanda yo munsi y’isoko lya Kimironko idakorwa kandi ubuyobozi buzi neza ko ikoreshwa cyane mu rwego rwo kulinda ubucucike bw’imodoka muli kaliya gace.
Muraho. H.E Ndagukuuunda Imana izaguhe ijuru gusa. Uwagira ngo uzagere muri Mineduc, REB, NESA maze ubatubarize ukuntu umwana umwe yiga isomo isaha1 mu cyumweru undi akaryiga amasaha4 maze bakabazwa bimwe. 2. Ukabambariza ukuntu REB itanga akazi ku barimu maze nyuma bagatesha umutwe abantu ngo ibigo bifite abarimu benshi mu bagabanye ku bigo