Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Miss Karimpinya yasuye KT Radio acinya akadiho karahava
1/08/2020 - 19:48
Dutemberane mu rugano ahavukiye Radio Muhabura, aho Ingabo za RPA zahinduriye amayeri y’urugamba
30/07/2020 - 09:17
Abanyarwanda bitegure kubana na COVID-19!
22/07/2020 - 10:36
Umwe mu nyeshyamba zateye mu kinigi zikica abaturage 8 yavuze byinshi kuri icyo gitero
19/07/2020 - 08:37
Ibitaramo nibisubukura nzagera mu mirenge 416 - Senderi
16/07/2020 - 10:47
#Kwibohora26: I Gikoba ni ho Urugamba rw"Inkotanyi rwafatiye isura igana ku ntsinzi
12/07/2020 - 10:39
Sura Umusambi utangaje witwa Mutesi ufite umwihariko wo gukunda abagabo
12/07/2020 - 10:32
Banki ya Kigali (BK) yabaye ivuriro rivura ubukene abayigana, nawe yigane uce ukubiri na bwo
1/07/2020 - 10:01
Ndumumama urera abana 4 baliga aliko kubishyulira byaranze no kurya nikibazo Kd nabakobwa mumfashije hagira umbera umuterankunga bakiga neza Murakoze
ndi umuturage mu murenge wa Kimironko
nabazaga impamvu imihanda yo munsi y’isoko lya Kimironko idakorwa kandi ubuyobozi buzi neza ko ikoreshwa cyane mu rwego rwo kulinda ubucucike bw’imodoka muli kaliya gace.
Muraho. H.E Ndagukuuunda Imana izaguhe ijuru gusa. Uwagira ngo uzagere muri Mineduc, REB, NESA maze ubatubarize ukuntu umwana umwe yiga isomo isaha1 mu cyumweru undi akaryiga amasaha4 maze bakabazwa bimwe. 2. Ukabambariza ukuntu REB itanga akazi ku barimu maze nyuma bagatesha umutwe abantu ngo ibigo bifite abarimu benshi mu bagabanye ku bigo