Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Polisi yerekanye abantu batatu bakekwaho kwiyitirira Polisi bakiba abaturage
5/12/2020 - 23:44
Imurikagurisha mpuzamahanga ry’uyu mwaka i Kigali rizakorwa mu buryo budasanzwe
4/12/2020 - 10:28
Alexandre Lenco: Ubumuga bwo kutabona ntibwanciye intege ubu ntuye mu nzu nubakiwe na muzika
4/12/2020 - 08:09
Polisi yerekanye batatu bakekwaho gukora inyandiko mpimbano
2/12/2020 - 15:18
Ryoherwa n’igitaramo cya Iganze Gakondo itsinda ry’abasore bihebeye inganzo gakondo
2/12/2020 - 15:06
Busanza: Aba mbere bari batuye muri ‘Bannyahe’ bimutse kuri iki Cyumweru
29/11/2020 - 13:19
Kompanyi y’Indege yo muri Israel yatangiye gukorera ingendo mu Rwanda
26/11/2020 - 20:27
Icyumweru cy’ubucamanza: Ubuhuza nk’inkingi y’ubutabera bwubaka
25/11/2020 - 13:39
Ndumumama urera abana 4 baliga aliko kubishyulira byaranze no kurya nikibazo Kd nabakobwa mumfashije hagira umbera umuterankunga bakiga neza Murakoze
ndi umuturage mu murenge wa Kimironko
nabazaga impamvu imihanda yo munsi y’isoko lya Kimironko idakorwa kandi ubuyobozi buzi neza ko ikoreshwa cyane mu rwego rwo kulinda ubucucike bw’imodoka muli kaliya gace.
Muraho. H.E Ndagukuuunda Imana izaguhe ijuru gusa. Uwagira ngo uzagere muri Mineduc, REB, NESA maze ubatubarize ukuntu umwana umwe yiga isomo isaha1 mu cyumweru undi akaryiga amasaha4 maze bakabazwa bimwe. 2. Ukabambariza ukuntu REB itanga akazi ku barimu maze nyuma bagatesha umutwe abantu ngo ibigo bifite abarimu benshi mu bagabanye ku bigo