Ibitekerezo ( 4 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Abantu batanu bakurikiranyweho uburiganya bwo kugurisha inzu n’ibibanza by’abandi
10/07/2021 - 21:48
Igipimo cy’Ubwiyunge mu Rwanda kigeze kuri 94.7% (ubushakashatsi bwa NURC)
10/07/2021 - 11:53
Gen Kabarebe yaganirije urubyiruko rw’Abanyarwanda baba muri Diaspora
10/07/2021 - 11:26
Sobanukirwa byinshi kuri gahunda yo guteza imbere ireme ry’uburezi mu mashuri y’imyuga n’ubumenyingiro (TVET)
7/07/2021 - 10:53
Umushoferi yafashwe ajyanye abagenzi i Musanze abakuye i Kigali
7/07/2021 - 10:09
Video: Urubyiruko rwafashwe rwizihiza isabukuru muri COVID-19
5/07/2021 - 14:47
Uyu munsi u Rwanda ntabwo ari Igihugu ku ikarita gusa - Perezida Kagame
5/07/2021 - 09:56
Abanyeshuri bongeye gutaha kubera Covid-19, abitegura ibizamini bya Leta barakeburwa
3/07/2021 - 18:52
Miniister yabisobanuye neza rwose. Nibyubahirizwa tuzaba turinze ubuzima bwacu n’ubw’abacu. Nyakubahwa Minister natwe tubari inyuma mu kubahiriza no kugenzura iyubahirizwa ry’aya mabwiriza. Ntituzabatererana mu guteza URWANDA rwacu imbere.
Nange nibazaga uburyo covid 19 yabuza abantu kwinywera inzoga? Icyo twabujijwe ni ukuba mu ruhame naho ubundi nange ndumva kukagura ukakajyana mu rugo ntacyo bitwaye.
Ndasaba na none ko mwagerageza mukiga imyandikire y’ikinyarwanda
Abanyamakuru muzatuma ururimi nyarwo rucika,utwatuzo ntatwo gusuzuma imyandikire ntabyo ko muhembwa mwasubiye kwiga uko bandika ikinyarwanda cyangwa tukabigisha iby’inyongera ururimi ntiruzime?