Ibitekerezo ( 4 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ikimero cye gituma aho anyuze bamurangarira - Fofo wo muri Papa Sava
27/06/2020 - 13:41
Nkiri umupadiri agatima kahoraga karehareha nshaka umugore - Nambajimana Donatien
24/06/2020 - 22:24
Abamotari babiri basanzwemo Coronavirus muri Kigali. Bagenzi babo byabakanguye bakaza ingamba
24/06/2020 - 21:54
Mimi la Rose yatubwiye amateka ya Mama Munyana waririmbwe na Orchestre Impala
24/06/2020 - 21:22
Abiyitaga abapolisi bakuru bakiba abaturage amafaranga babizeza Perimi batawe muri yombi
20/06/2020 - 19:34
Aline Gahongayire arifuza ko indirimbo ze zihimbaza Imana zacurangwa mu tubari no mu tubyiniro
20/06/2020 - 19:14
Kurenga ku mabwiriza yo kwirinda covid-19, kubeshya no gusuzugura Polisi byabakozeho
19/06/2020 - 11:46
COVID-19: Bafashwe batorotse #GumaMuRugo i Rusizi, abandi bafatwa baraciye iz’ubusamo bava Uganda
14/06/2020 - 21:24
Miniister yabisobanuye neza rwose. Nibyubahirizwa tuzaba turinze ubuzima bwacu n’ubw’abacu. Nyakubahwa Minister natwe tubari inyuma mu kubahiriza no kugenzura iyubahirizwa ry’aya mabwiriza. Ntituzabatererana mu guteza URWANDA rwacu imbere.
Nange nibazaga uburyo covid 19 yabuza abantu kwinywera inzoga? Icyo twabujijwe ni ukuba mu ruhame naho ubundi nange ndumva kukagura ukakajyana mu rugo ntacyo bitwaye.
Ndasaba na none ko mwagerageza mukiga imyandikire y’ikinyarwanda
Abanyamakuru muzatuma ururimi nyarwo rucika,utwatuzo ntatwo gusuzuma imyandikire ntabyo ko muhembwa mwasubiye kwiga uko bandika ikinyarwanda cyangwa tukabigisha iby’inyongera ururimi ntiruzime?