Ibitekerezo ( 4 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Uko ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Burundi ku mupaka wa Nemba byagenze
20/10/2020 - 17:16
Abarundi n’Abanyarwanda turaziranye, ibibazo byacu turabyikemurira - Minisitiri Shingiro
20/10/2020 - 16:10
Twasuye Senateri mushya Kanziza Epiphanie. Yategaga moto ajya ku kazi
18/10/2020 - 18:09
Ikibazo cy’umunuko uturuka mu kimoteri cya Nduba cyavugutiwe umuti
13/10/2020 - 19:41
Uko abakekwaho ubutekamutwe barimo umupolisi bamuriye arenga miliyoni
13/10/2020 - 19:34
Polisi yerekanye abajura bari barajujubije abacuruza lisansi bibisha intwaro gakondo
9/10/2020 - 11:54
MINEDUC si yo igenera Kaminuza amatariki yo gutangira, iyiteguye yatangira kwigisha - Dr Uwamariya
8/10/2020 - 10:28
Batanu bakekwaho kwica umuntu bafashwe. Uko bamwishe barabisobanura
7/10/2020 - 14:54
Miniister yabisobanuye neza rwose. Nibyubahirizwa tuzaba turinze ubuzima bwacu n’ubw’abacu. Nyakubahwa Minister natwe tubari inyuma mu kubahiriza no kugenzura iyubahirizwa ry’aya mabwiriza. Ntituzabatererana mu guteza URWANDA rwacu imbere.
Nange nibazaga uburyo covid 19 yabuza abantu kwinywera inzoga? Icyo twabujijwe ni ukuba mu ruhame naho ubundi nange ndumva kukagura ukakajyana mu rugo ntacyo bitwaye.
Ndasaba na none ko mwagerageza mukiga imyandikire y’ikinyarwanda
Abanyamakuru muzatuma ururimi nyarwo rucika,utwatuzo ntatwo gusuzuma imyandikire ntabyo ko muhembwa mwasubiye kwiga uko bandika ikinyarwanda cyangwa tukabigisha iby’inyongera ururimi ntiruzime?