Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Igerageza: Buri minota icumi bisi izajya ihaguruka muri gare
4/12/2025 - 07:08
Day 3 – Rwandan Epic 2025: Surf Pro Continues to Dominate
4/12/2025 - 07:01
Volleyball: Irebere aho APR yihanangirije Police iyitsinda amaseti 3-1
29/11/2025 - 08:21
Abashinzwe ibya Gisirikare muri Ambasade z’ibihugu byabo mu Rwanda basuye ikigo cya Mutobo
28/11/2025 - 18:28
Israel Defense Forces (IDF) veterans pay tribute to Genocide victims at the Kigali Genocide Memorial
26/11/2025 - 07:52
Abarundi 115 bari barahungiye mu Rwanda basubiye iwabo ku bushake
25/11/2025 - 18:51
Intore z’Imbuto Zitoshye zagaragaje ubumenyi njyarugamba n’Akarasisi zigishijwe mu itorero
22/11/2025 - 21:53
Volleyball: VS Gisagara VC itsinze REG VC amaseti 3-1 ku munsi wa 5 wa shampiyona
21/11/2025 - 23:33