Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
U Rwanda rwakiriye abatwara amagare bazenguruka EAC
21/09/2024 - 01:23RIB yerekanye batandatu bakekwaho kwiba imodoka bakoresheje amayeri
17/09/2024 - 21:33
Perezida Kagame yagaragaje ibintu bitatu byatumye zimwe mu nsengero zifungwa
16/09/2024 - 14:44
Ibyishimo bya Tuyisenge wakiriwe na Perezida Kagame nyuma yo kwegukana Umudali wa Zahabu mu mibare
22/08/2024 - 20:16
Mujye muba intwari muve mu nshingano aho kuzikora nabi - Kagame abwira ba Minisitiri barahiye
20/08/2024 - 11:28
Sobanukirwa uko Abasivili bagiye kwinjira muri RDF mu mutwe w’Inkeragutabara
16/08/2024 - 18:43
Kazarwa watorewe kuyobora Umutwe w’Abadepite ni muntu ki? Ibyaranze umunsi wo kurahira
16/08/2024 - 13:33
Perezida Kagame ku ifungwa ry’insengero: Biraza gutuma dushyiraho umusoro
15/08/2024 - 12:01