Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Uwahoze muri Crap ya FDLR avuze ubuzima bwose bwayo n’ukuri ku rupfu rwa Col. Ruhinda
15/11/2025 - 23:10
Polisi y’u Rwanda yafunguye ikigo gisuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga i Ndera
15/11/2025 - 23:15
Ibiro bivuza ubuhuha: Ibyaranze umukino APR VC yatsinzemo Gisagara VC amasti 3-0
15/11/2025 - 09:10Iziheruka
Miss Rwanda yateye inkunga abafasha b’ingabo zamugariye ku rugamba
16/04/2016 - 21:58
Temberana na Miss Rwanda mu bice nyaburanga by’Iburengerazuba
14/04/2016 - 10:15
Perezida Kagame yifatanyije n’urubyiruko muri ’Walk to Remember’
11/04/2016 - 22:31
Icyo kwibuka bisobanuye ku bahanzi Nyarwanda
11/04/2016 - 14:56
Perezida Magufuli yifatanyije n’abanyarwanda mu kwibuka Jenoside
7/04/2016 - 22:06
Perezida Kagame na Magufuli batashye ibiro bya Gasutamo ku Rusumo
7/04/2016 - 19:43
Impamvu nyayo yateye TETA DIANA gusezera muri PGGSS6
6/04/2016 - 12:30
Mushabizi n’umuhungu we batanze ikosora mu gukirigita inanga!
5/04/2016 - 16:52