Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
RFC yamuritse ifumbire yakozwe hagendewe ku bwoko bw’ubutaka bw’u Rwanda
11/11/2025 - 21:44
Ntimuzakubite ibituro byacu inkoni, umusingi mwarawubonye - Gen(Rtd) Ibingira ahanura urubyiruko
8/11/2025 - 22:24
H.E. Ms Jeannette Kagame praises Kepler College’s role in inclusive education
12/11/2025 - 20:31Iziheruka
Africa has everything to be where we want to be - Kagame addresses #YouthConnektAfrica24
8/11/2024 - 20:47
Ubucuruzi bw’i Kigali mu gicuku
4/11/2024 - 14:23
Umubyeyi umaze imyaka itanu avuza umwana aratabaza
1/11/2024 - 14:16
Umunya-Kenya Karen Patel yakiriye ate kwegukana Rwanda Mountain Gorilla Rally 2024?
21/10/2024 - 10:34
Ubuhamya bw’Abanyarwandakazi bitabiriye Rwanda Mountain Gorilla Rally 2024
20/10/2024 - 16:19
Minisitiri Bizimana yavuze ububi bwa Padiri Nahimana Thomas n’abo bafatanya gusebya u Rwanda
19/10/2024 - 22:47
Minisitiri Dr. Bizimana yavuze uburyo amadini yashenye Ubumwe n’Ubudaheranwa by’Abanyarwanda
19/10/2024 - 22:38