Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Zimwe mu mbogamizi Depite Bamporiki yahuye nazo yandika igitabo "Mitingi Jenosideri"
8/06/2017 - 17:59
No Comment!
8/06/2017 - 15:38
U Rwanda rwifatanije n’amahanga mu kwizihiza umunsi w’ibidukikije
7/06/2017 - 15:39
Abashakashatsi mu by’amateka bagize icyo bavuga ku gitabo "Mitingi Jenosideri"
5/06/2017 - 08:33
No Comment!
2/06/2017 - 15:35
No Comment!
2/06/2017 - 11:16
Byinshi wamenya ku gitabo "Mitingi Jenosideri" cyanditswe na Depite Bamporiki
30/05/2017 - 17:01
Byari ibirori i Nyamata ubwo haberaga umukino wo gusiganwa ku mapikipiki
28/05/2017 - 21:41