Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Video: Ijoro ry’ubunani hiryo no hino mu nsengero
2/01/2018 - 14:04
Video: Imibyinire idasanzwe niyo yagaragaye ubwo Sheebah yataramanaga n’abanyarwanda
2/01/2018 - 11:24
Alikiba yataramanye n’abanyarwanda bishimira n’umwaka mushya wa 2018
2/01/2018 - 11:21
Video: Nyamirambo: Bagize ibyishimo bidasanzwe ubwo baturitsaga ibishashi by’umuriro
2/01/2018 - 11:16
Video: Umuhanzikazi Sheebah yageze mu Rwanda
1/01/2018 - 14:47
Video: Ubwiza n’imyambarire by’umuhanzi Yemi Alade byarangaje benshi
31/12/2017 - 12:39
Video: Umuhanzi Ali Kiba watumiwe muri East African Party yageze i Kigali
31/12/2017 - 12:32
Video: Umuhanzi Yemi Alade wo muri Nigeria yageze i Kigali
30/12/2017 - 17:34