Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
VIDEO: Perezida Macron yakiriye Perezida Kagame mu Ngoro ya Elysée
24/05/2018 - 11:11
Tigana yaretse ruhago ayoboka guturuna firime kubera ubuhemu bwa Rayon Sports
22/05/2018 - 18:43
Irebere uko muri IPRC-Huye bakora ibintu byinshi utakeka ko byakorerwa mu Rwanda
22/05/2018 - 10:08
Tigana yazinutswe ruhago kubera Rayon Sports (Video)
21/05/2018 - 08:11
Irebere Gen Patrick Nyamvumba agera mu nama yiga ku mutekano w’igihugu
17/05/2018 - 20:27
Ni gute abahanzi bazubaka igihugu batazi amateka yacyo?
17/05/2018 - 17:22
Dore uko umunsi wa kabiri w’inama nyunguranabitekerezo ku mutekano w’igihugu yagenze
16/05/2018 - 10:18
Africa yahinduwe ifunguro ry’ibikomerezwa: Prof P.L.O Lumumba
15/05/2018 - 09:00