Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Nkiri umupadiri agatima kahoraga karehareha nshaka umugore - Nambajimana Donatien
24/06/2020 - 22:24
Abamotari babiri basanzwemo Coronavirus muri Kigali. Bagenzi babo byabakanguye bakaza ingamba
24/06/2020 - 21:54
Mimi la Rose yatubwiye amateka ya Mama Munyana waririmbwe na Orchestre Impala
24/06/2020 - 21:22
Abiyitaga abapolisi bakuru bakiba abaturage amafaranga babizeza Perimi batawe muri yombi
20/06/2020 - 19:34
Aline Gahongayire arifuza ko indirimbo ze zihimbaza Imana zacurangwa mu tubari no mu tubyiniro
20/06/2020 - 19:14
Kurenga ku mabwiriza yo kwirinda covid-19, kubeshya no gusuzugura Polisi byabakozeho
19/06/2020 - 11:46
COVID-19: Bafashwe batorotse #GumaMuRugo i Rusizi, abandi bafatwa baraciye iz’ubusamo bava Uganda
14/06/2020 - 21:24
U Rwanda rwakiriye ibikoresho byo kwirinda COVID-19 rwahawe n’Umwami wa Dubai
14/06/2020 - 16:02