Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Rwanda’s First Lady opens Commonwealth Women’s Forum
21/06/2022 - 23:35
Abakunda amafoto TECNO yabashyize igorora ibazanira Camon 19
19/06/2022 - 10:41
#CHOGM2022: Kwakira abashyitsi, umutekano, imyidagaduro, ingendo, byose biri ku murongo
19/06/2022 - 07:41
Ku bushotoranyi bwa DRC, u Rwanda rwahisemo inzira y’amahoro n’ibiganiro
18/06/2022 - 18:03
Winners in painting values of Commonwealth Competition rewarded
16/06/2022 - 14:31
First Lady presides over Green Hills Academy Graduation, Class 2022
12/06/2022 - 22:05
Kagame stresses the need to invest in universal, affordable broadband
5/06/2022 - 21:31
Impanuka ku kibuga cy’indege: Uko ubutabazi bukorwa (Umwitozo)
2/06/2022 - 22:35
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.