Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Human Trafficking: Henshi batunguwe no kumva ko hari abantu bacuruza abandi
11/12/2023 - 10:33
Zuchu performing her hit songs ‘Kwikwi,’ ‘Honey’ and ‘Utaniua’ during ‘Move Afrika’ show in Kigali
8/12/2023 - 16:29
Sherrie Silver and her breakdancers stage a thrilling performance at ‘Move Afrika’ show in Kigali
8/12/2023 - 16:05
Watch Bruce Melodie’s performance at ‘Move Afrika’ show featuring Kendrick Lamar
8/12/2023 - 15:41
Kendrick Lamar thrills music fans in Kigali with an epic performance
8/12/2023 - 14:26
What a good way of ending the year! - President Kagame at Move Afrika Concert
8/12/2023 - 14:16
UK Home Secretary: I have been uncomfortable with the tone of criticism directed to Rwanda
8/12/2023 - 13:54
National Talent Day 2023: Abana bahize abandi bijejwe gukurikiranwa
8/12/2023 - 13:40
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.