Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Reba uko Afurika y’Epfo yatwaye imibiri y’abasirikare bayo baguye muri Kongo
7/02/2025 - 15:10
Dore ibyaranze inama mpuzamahanga ku burezi budaheza ibera i Kigali
7/02/2025 - 07:39
Alain Mukuralinda yatanze ishusho nyayo y’ikiganiro Perezida Kagame yagiranye na CNN
6/02/2025 - 12:29
Nta na rimwe ikibi kizatsinda icyiza: Umunyekongo wagarutse i Goma ku ivuko
5/02/2025 - 17:46
Dore imyitozo ihabwa abinjiye mu mutwe wihariye wa RDF🇷🇼 Special Operation Force
5/02/2025 - 11:48
Perezida Kagame na Madamu babimburiye abandi gushyira indabo ku Gicumbi cy’Intwari
1/02/2025 - 17:42
Irebere udushya twa RDF Band mu gitaramo gisingiza Intwari z’u Rwanda (Video)
1/02/2025 - 10:12
Dore uko Ruti Joel yashimishije abitabiriye igitaramo gisingiza Intwari z’u Rwanda
1/02/2025 - 09:14
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.