Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Perezida Kagame n’umuryango we bagaragarije urugwiro abashyitsi bitabiriye umuhango wo kurahira
19/08/2017 - 17:01
Abakuru b’ibihugu bya Afurika 21 ni bo bitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida Kagame
19/08/2017 - 16:52
Urukerereza ryashimishije abitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida Kagame
19/08/2017 - 16:45
Akarasisi k’ingabo kari mu byashimishije cyane abitabiriye irahira rya Perezida Kagame
19/08/2017 - 08:31
Umuhango w’irahira rya Perezida Paul Kagame
19/08/2017 - 08:24
Ijambo rya Perezida Paul Kagame mu muhango w’irahira rye
18/08/2017 - 19:39
Perezida Kagame yakiriye ku meza Perezida Abdel Fattah el-Sisi wa Misiri
16/08/2017 - 09:11
VIDEO: Uko byari byifashe ubwo Perezida wa Misiri yakirwaga na Perezida Kagame ku kibuga cy’indege
15/08/2017 - 16:58
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.