Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Yozafina yubakiwe inzu izamara imyaka 500, iyumvire ibyishimo afite
10/02/2020 - 22:56
Intwari z’i Nyange: Abarokotse ibitero by’abacengezi baravuga uko byagenze
6/02/2020 - 17:36
Afurika na yo ishobora gukora Drones – Perezida Kagame
6/02/2020 - 17:06
Batuzana mu Rwanda twumvaga baje kuturoha mu Kivu: Ikirenga Frida umwe mu bari inyeshyamba za CNRD
5/02/2020 - 13:08
Nyarushishi: Babyariye mu Rwanda nyuma yo kwiruka mu mashyamba ya Congo bahunga FARDC
3/02/2020 - 09:47
Lt Col Kagemana wari ushinzwe gusengera ingabo za CNRD ntarumva uburyo yageze mu Rwanda
3/02/2020 - 09:36
Reba uko umuhango wo kwibuka Intwari z’u Rwanda wagenze
2/02/2020 - 22:55
Iyumvire ibya Gen Mberabahizi wororeraga Ingurube muri Congo afite icyizere cyo kuzafata u Rwanda
2/02/2020 - 15:43
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.