Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Hari abagikorera siporo mu muhanda mu gihe dusabwa kuguma mu rugo
27/03/2020 - 23:48
Prof Shyaka: Abanyamakuru birinde kwishyira hejuru y’itegeko
26/03/2020 - 19:32
Ntibikwiye ko Umunyarwanda yandura Coronavirus ahererekanya n’undi amafaranga, BNR yarabikemuye
26/03/2020 - 19:14
Abo Umusatsi wereyeho bihangane bazaba biyogoshesha - Prof Shyaka
25/03/2020 - 21:02
Prof Shyaka : Kunywa inzoga no kuzicuruza ntibyahagaritswe, hahagaritswe utubari
25/03/2020 - 19:39
Reba Kigali nyuma yo gufunga kubera Coronavirus
25/03/2020 - 18:44
Isheja Sandrine: Babyeyi murinde abana kuva mu rugo muri iki gihe cya Covid-19
24/03/2020 - 21:08
Arthur Rutura : Amakuru yizewe kuri Covid-19 ni aya MINISANTE
24/03/2020 - 20:37
Ndumva nishimye cyane bidasanzwe kubona nyampinga wacu wa 2016 yarafatiye umwanya urubyiruko ruri Iwawa akabaganiriza abereka ko bigishoboka ko bakora ibikorwa byindashyikirwa kubwabo nkuko yavugaga kandi koko ninako biri.Rero rwose pe mureke rubyiruko tubyumve cyane ko aritwe mbaraga zigihugu cyacu kandi birashoboka ko igihugu cyacu cyatera imbere cyane kikaba icyo gufatirwwaho urugero turamutse tubyumvise tugasenyera umugozi umwe tugakora ibikorwa byubaka tutikoresheje. Nshuti mureke twe kwangiza igihe twahawe dukora ibyingeso mbi,nitugikoreshs neza murebe ko ibintu bidahinduka tukubaka umuryango nyarwanda mwiza aho abana bacu bazishima bagakurana ubwonko butangijwe nakababaro dushobora kubateza biturutse kungeso mbi zacu.
Aha niho noneho nabo bazabona igihe cyo gutekereza kucyaduteza imbere twese hamwe ntibafate igihe kinini cyo kwiheba kubera ababyeyi.
Erega ubunyangamugayo ntacyo twabuhwanya nabwo,none iyo ababyeyi bacu bakora neza nizeyeko tuziranye ku mateka yacu nkabanyarwanda,none tuba tugeze kure.Rero ndabinginze ibyo tubihe agaciro kanini.Nsoje rero mbaza nti,birashoboka ko miss yasura ibyaro akaganiriza nabakobwa kuko barakabije muriyiminsi mugutwara inda zindaro.Ese bisaba iki kugirango aboneke,nasabaga ko mwansubiza.murakoze.