Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Perezida Kagame: Abagore ntibakwiriye kwihanganira gukubitwa
9/03/2024 - 07:38
Abanyekongo bahungiye mu Rwanda barasaba gufashwa gusubira mu gihugu cyabo
7/03/2024 - 13:35
Ikiganiro na Amb. Mukantabana umaze imyaka 10 ayobora Ambasade y’u Rwanda muri USA
5/03/2024 - 01:45
Impunzi z’Abanyekongo ziba mu Rwanda ziramagana ubwicanyi bukorerwa Abatutsi
5/03/2024 - 01:12
Twirukanywe muri Uganda tuzira Ikinyarwanda, ubu tukivuga twisanzuye - Gen (Rtd) Kabarebe
4/03/2024 - 14:34
Imbyino n’imivugo by’abana baba mu mahanga bizihiza Umunsi w’Ururimi kavukire
3/03/2024 - 10:10
Rwanda’s First Lady Jeannette Kagame graces Kigali Triennial Fashion Show
25/02/2024 - 22:06
Gupima Kanseri mu Rwanda byaroroshye - Dr Sebahungu Fidèle
25/02/2024 - 21:50