Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ikipe y’abarinda Perezida (Republican Guard) yisubije igikombe cya RDF Liberation Cup
17/06/2024 - 09:26
Perezida Kagame mu busabane n’Abajyanama b’Ubuzima
16/06/2024 - 23:40
Huye Rally: Basusurukijwe n’isiganwa ry’imodoka na moto zisimbuka
16/06/2024 - 23:31
Reba uko byari byifashe ubwo Abapolisi 34 basozaga amasomo
16/06/2024 - 23:10
Perezida Kagame yasheshe Inteko Ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite
15/06/2024 - 06:47
Kwiremereza bicike burundu - Perezida Kagame yakira indahiro z’abayobozi bashya
15/06/2024 - 06:35
Minisitiri Bizimana yasabye urubyiruko kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside
10/06/2024 - 22:40
Kigali Peace Marathon 2024 attracts 10,000 athletes as Kenyans dominate the race
10/06/2024 - 22:27