Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
U Rwanda rwashyikirijwe ubuyobozi bwa EAPCCO bwari bufitwe n’u Burundi
30/01/2025 - 15:09
Abacanshuro barwaniraga muri Congo biruhukije bageze mu Rwanda
29/01/2025 - 15:12
Impunzi zirimo n’abacanshuro barwaniraga muri Congo zikomeje kuza mu Rwanda
29/01/2025 - 15:00
Baratatse M23 irabumva: Operation yo kubohoza abashoferi b’Abanyamahanga i Goma
29/01/2025 - 13:24
RwandAir na RBC: Dore amashoti n’amacenga byaranze umukino wahuje ibi bigo
27/01/2025 - 15:17
Intwari z’i Nyange zanze kwitandukanya: Ibyababayeho mu ijoro ry’icuraburindi
24/01/2025 - 18:51
Abadozi bo mu Rwanda biyemeje kwibagiza abantu burundu Caguwa
24/01/2025 - 18:35
Sadate yahishuye inkomoko y’ubutunzi bwe, menya igisobanuro cy’ubukire
24/01/2025 - 18:20