Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Umuryango wa RwandAir wibarutse undi mwana, umwita "Ubumwe"
30/09/2016 - 12:53
Ubutinganyi ntabwo buraba ikibazo ku Rwanda - Perezida Kagame
26/09/2016 - 15:50
Meddy, Teta, Alpha na King James basusurukije abitabiriye ’Rwanda Cultural Day’ San Francisco
26/09/2016 - 14:59
Turagutembereza mu mujyi wa San Francisco ugiye kwakira "Rwanda Cultural Day"
24/09/2016 - 10:02
2FACE IDIBIA yagarutse gutaramira mu Rwanda nyuma y’imyaka 16
23/09/2016 - 18:00
Nyamasheke ubutaka bw’umwimerere, igice cy’ubwiza bw’u Rwanda
23/09/2016 - 15:01
Bambino yafashwe n’inkongi y’umuriro
22/09/2016 - 09:21
Sogongera ku bitegurirwa abazitabira "Rwanda Cultural Day"
20/09/2016 - 08:42