Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Perezida Kagame yageze mu Buhinde mu ruzinduko rw’iminsi ine.
9/01/2017 - 17:32
Umujyi wa Kigali wategetse abakorera mu nzu zagenewe guturwamo kwimuka! (Video)
6/01/2017 - 14:14
The Ben yakoze igitaramo cy’amateka i Kigali
5/01/2017 - 16:56
Uburyo Charly & Nina, Buravan na Melody bitwaye mu gitaramo cya The Ben
5/01/2017 - 09:39
Byari ibicika ubwo The Ben yaririmbiraga abakunzi be
2/01/2017 - 03:24
Abanyarwanda bakiriye umwaka mushya mu buryo bw’ibyishimo bidasanzwe
1/01/2017 - 12:28
The Ben arizeza abanyarwanda igitaramo cy’amateka kuri Bonane!
29/12/2016 - 11:31
RwandAir yatanze inkunga y’ibikoresho ku bana bafite ubumuga
28/12/2016 - 17:30