Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Video: Dore amanywa n’ijoro byo ku Gishushu
19/02/2018 - 12:06
Iyo ataba Mowzey Radio, umuhanzi Pallaso ntiyari kuzamenyekana
14/02/2018 - 11:48
VIDEO: Abakanika ibimodoka bikora imihanda bagiye kujya babyigira mu Rwanda
13/02/2018 - 16:06
Uzuri K&Y igiye kwibagiza abanyarwanda inkweto z’iburayi
12/02/2018 - 08:34
Imyiteguro y’ikipe y’igihugu izakina ’African Continental Road Championships 2018’
10/02/2018 - 16:06
Kuki Team Rwanda idahabwa agahimbazamusyi kayo?
7/02/2018 - 14:08
Areruya yongeye kwakirwa bidasanzwe i Kigali nyuma yo gutwara Tour de l’espoir
6/02/2018 - 08:37
Perezida Kagame yunamiye Intwari z’u Rwanda
1/02/2018 - 19:37