Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Impanuro za Perezida Kagame kuri 70 bazahagararira FPR mu matora y’abadepite
9/07/2018 - 08:49
Perezida Kagame yafunguye igice cyahariwe ubucuruzi mpuzamahanga muri Djibouti
6/07/2018 - 08:48
Perezida Kagame na Madamu batashye umudugudu wa Horezo
5/07/2018 - 08:46
Perezida Kagame yifatanije n’abaturage bo mu Karere ka Muhanga mu kwizihiza umunsi wo kwibohora
5/07/2018 - 08:37
Imfura za Rwanda Polytechnic zahawe impamyabushobozi
29/06/2018 - 08:41
Polisi y’u Rwanda yohereje abapolisi biganjemo abagore mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo
28/06/2018 - 08:20
U Rwanda rwamuritse ku mugaragaro uruganda ruteranya imodoka
27/06/2018 - 17:26
VIDEO: Perezida Kagame yitabiriye inama y’Umuhora wa Ruguru yabaye ku nshuro ya 14 i Nairobi
27/06/2018 - 08:32