Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ally Sudi agiye gusubiramo indirimbo Derira yamamaye muri Karahanyuze (Video)
15/01/2019 - 11:16
Ni iki kitabura ku ifunguro rya Riderman ?
13/12/2018 - 11:37
Ihere ijisho Umuyapanikazi uririmba Rwanda nziza adategwa
12/12/2018 - 15:11
Mu mwambaro wa gisirikare Perezida Kagame yasoje imyitozo yo kwivuna umwanzi
12/12/2018 - 12:00
Inyamibwa zigaruriye abataramyi mu mukino zise Rwimitana
10/12/2018 - 14:12
Abakeka ko Umuco Nyarwanda wacika basubize amerwe mu isaho
10/12/2018 - 12:37
Udushya tw’ ibihangange muri gakondo mu gitaramo cy’Inyamibwa
10/12/2018 - 10:18
Umusogongero w’ibizabera mu gitaramo cy’Itorero Inyamibwa zise Rwimitana?
6/12/2018 - 18:14