Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Urukerereza rwashimishije abitabiriye umuhango wo gutangiza icyumweru cy’Umuganura
31/07/2019 - 03:06
#Umuganura2019: Abaraperi batangaje basusurukije abantu karahava
31/07/2019 - 01:01
Abakuru ba Banki Nkuru z’ibihugu muri Afurika bateraniye mu Rwanda
31/07/2019 - 00:21
Kigali: Imodoka itwaye magendu yakoze impanuka ihunga Police
29/07/2019 - 18:32
Abakobwa beza b’i Kigali bongereye ubwiza imurika "Shyuha Auto Show"
28/07/2019 - 16:35
ShaddyBoo yatunguye abitabiriye "Shyuha Auto Show" ubwo yinjiraga ari kuri moto
28/07/2019 - 00:09
#Kwibuka25: Ntigurirwa yakoze urugendo rwa 1,000km n’amaguru asakaza ubutumwa bw’amahoro mu Rwanda
25/07/2019 - 22:04
KNC yikomye abasifuzi ku mukino wazamuye Gasogi United mu cyiciro cya mbere
25/07/2019 - 21:44